Sakaza Rwanda
AMAKURU AGEZWEHO KANDI YIZEWE
IMYIDAGADURO, IMIKINO, POLITIKE NANDI MENSHI.. SAKAZA TURABAKUNDA ♥️
07/05/2026
“Petisiyo yo gusaba ko Mbappé asezererwa yamaze kuba petisiyo yasinywe n’abantu benshi kurusha izindi zose mu mateka, aho imaze gusinywa n’abarenga miliyoni 28, irusha iyasabaga ubutabera bwa George Floyd yari ifite agahigo ka miliyoni 19.
Biravugwa ko yamaze gusubira i Madrid gukora isuzuma ry’ubuzima mbere y’umukino ukomeye wa Spanish El Clasico utegerejwe.
Nubwo yayoboye ikipe mu kibuga atsinda ibitego 41 ndetse anatanga imipira 5 yavuyemo ibitego, abafana ba Real Madrid ntibaranyurwa na we.”
07/05/2026
Umunyezamu Kimenyi Yves wakiniye amakipe atandukanye hano mu Rwanda yahamije ko ari mu rukundo n’umugore wemeje ko bafitanye abana b’impanga
Nyuma y’igihe havugwa amakuru y’uko yaba atabanye neza n’umugore we Muyango Claudine, Kimenyi Yves yahamije ko ari mu rukundo n’umugore uba muri Australia wemeje ko banafitanye abana b’impanga.
Ibi uyu wahoze ari umukinnyi wa ruhago n’uyu mugore ubusanzwe inshuti ze z**i nka Nana, babigarutseho mu kiganiro cya ‘Live’ kuri TikTok bagiranaga n’uwitwa GodFather.
07/05/2026
AMAKURU MASHYA: Arsenal irashaka kongerera Amasezerano umutiza wayo Mikel Arteta.
Ni nyuma yo kugera ku mukino wanyuma uzayihuza na Paris Saint Germain tariki 30 Gicurasi 2026.
07/05/2026
Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororero, RCS, rwatangaje ko Aimable Karasira Uzaramba wamenyekanye nka Prof. Niga, yapfuye, aguye mu bitaro bya Nyarugenge.
Olamide uri mu bahanzi bafite izina rikomeye mu muziki wa Afurika ategerejwe i Kigali mu gitaramo ‘Party Next Door: BAL Edition’ ku wa 30 Gicurasi 2026.
Iki gitaramo kizabera muri Zaria Court, kizahuza abakunzi b’umuziki batandukanye, by’umwihariko abazaba bavuye kureba imikino ya BAL muri BK Arena.
24/10/2025
04/06/2025
Irushanwa rihuza ibihugu byo muri Afurika y'Amajyepfo COSAFA Cup riratangira kuri uyu wa Gatatu, aho umukino ubimburira iyindi urahuza South Africa na Mozambique kuri Stade Free State saa 15h:00.
Iri rushanwa rizatangira uyu munsi rikazasozwa ku wa 15 Kamena 2025, ryitabiriwe n'amakipe umunani: Angola, Botswana, Comoros, South Africa, Mozambique, Zambia, Zimbabwe, ndetse na Tanzania yatumiwe muri iri rushanwa.
04/06/2025
yateguje ikindi gitaramo cya "The New Year Groove" aca amarenga yo kuzana abahanzi barimo abo muri Tanzania na Amerika.
Ni igitaramo The Ben yakoze ku itariki ya 1 Mutarama 2025 cyasize yanditse amateka muri muzika nyarwanda yo kuzuza BK Arena.
Iki gitaramo kindi biravugwa ko nacyo kizabera muri BK Arena ku itariki ya 1 Mutarama 2026.
Uyu muhanzi ari kubarizwa i Burayi aho ari kwita ku muryango we cyane ko aherutse no kwibaruka imfura yise "Mugisha Luna"
The Ben vuba aha arataramira Abanyarwanda bazahurira muri ‘Rwanda Convention USA’ izabera muri Amerika ku wa 4-6 Nyakanga 2025.
04/06/2025
Ambasaderi Ernest Rwamucyo yashyikirije Perezida wa , William Samoei Ruto impapuro zimwemerera guhagararira u muri icyo gihugu.
04/06/2025
Ikipe ya Manchester City yamaze kumvikana n'Umufaransa Rayan Cherki ko azayerekezamo, ndetse ibiganiro bikaba bigiye gutangira hagati ya Manchester n'ikipe Lyon uyu musore asanzwe akinira.
Click here to claim your Sponsored Listing.
Category
Website
Address
Kigali