Radiotv10 Rwanda
Official Account of Radio/TV10. Rwanda's Number One Private Radio&TV Station! Simply Rwandaful, Customer Care: +250784444444
[87.6 FM, 99.0 FM, 93.6 FM]
- Radiotv10 is a hub of professional creative talents, experienced journalists and cultural entrepreneurs.
- Radio10 is The New Rwanda Voice! We covers politics, economic, social issues, ICT news, sports, lifestyle, music and culture.
- Radio10 provides you with the hottest pan-african and international music selection from the most innovative trend-setters. Past, present and beyond.
- Radio1
Umuhanzikazi Bwiza yavuze ko abahanzi barimo Kitoko, Bruce Melodie na The Ben niba batariteguye neza azabereka igihandure mu bitaramo bya Summer Country Tour2026 bizazenguruka Intara zose z’igihugu.
Camp Kigali hagiye kubera ikiganiro n’itangazamakuru kigaruka ku bitaramo bya Miitzing Summer Country Tour 2026, ibitaramo bizaririmbamo abahanzi bakomeye Bruce Melody na The Ben.
Korali Ambassadors of Christ Choir yashyize hanze amatike y’igitaramo cyabo kizbera muri BK Arena tariki ya 30 Kanama 2026 mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 30 imaze mu murimo.
05/06/2026
MTN Rwanda Partners with University of Rwanda and Kepler College to Bridge the Gap Between Education and Employment
READ MORE…
MTN Rwanda Partners with University of Rwanda and Kepler College to Bridge the Gap Between Education and Employment MTN Rwandacell PLC has entered strategic partnerships with the University of Rwanda and Kepler College to strengthen collaboration between academia
05/06/2026
Umukinnyi wakiniye Ikipe ikomeye i Burayi bwa mbere yagaragaye mu mwambaro uriho ibendera ry'u Rwanda
INKURU IRAMBUYE...
Noam Fritz Emeran wakiniye Manchester United bwa mbere yagaragaye mu mwambaro w’Amavubi Umukinnyi mpuzamahanga Noam Fritz Emeran wakiniye ikipe ya Manchester United, wahamagawe bwa mbere mu Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, yamaze kwambara
| Ikipe izajya itsinda umukino muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda izajya ihita ihabwa Miliyoni y’amafaranga y’u Rwanda.
Ikipe ya Rayon Sports yamaze gusinyisha Ndayishimiye Didier wakiniraga ikipe ya As Kigali.
| kuri uyu wa Gatanu, FERWAFA irasohoza isezerano yahaye amakipe mbere y’uko shampiyona itangira ihembe amakipe 8 ya mbere muri shampiyona ya 2025/2026.
| Rwanda Premier League yasinyanye amasezerano n’uruganda rwa Skol ruzajya rutera inkunga shampiyona y’u Rwanda.
| Florentino Pérez uri kwiyamamariza gukomeza kuyobora ikipe ya Real Madrid yatangaje ko Kuri uyu wa kabiri azagura umukinnyi uhagaze miliyoni 150 zama-Euro gusa yirinda gutangaza izina rye.
Click here to claim your Sponsored Listing.
Category
Contact the business
Telephone
Website
Address
KG 220 Street
Kigali