Mideli Rwanda

Mideli Rwanda

Share

๐Ÿ”˜๐‘๐ฐ๐š๐ง๐๐š๐ง ๐ฌ๐จ๐œ๐ข๐š๐ฅ ๐ฆ๐ž๐๐ข๐š ๐’‘๐’†๐’“๐’”๐’๐’๐’‚๐’๐’Š๐’•๐’š and ๐„๐ง๐ญ๐ž๐ซ๐ญ๐š๐ข๐ง๐ฆ๐ž๐ง๐ญ ๐‘ฑ๐’๐’–๐’“๐’๐’‚๐’๐’Š๐’”๐’•๐Ÿ‡ท๐Ÿ‡ผ๐ŸŽˆ
๐Ÿ”˜The Best ๐‘น๐’˜๐’‚๐’๐’…๐’‚๐’ Promoter ๐Ÿ๐ŸŽ๐Ÿ๐Ÿ”๐Ÿ—ž๏ธ๐Ÿคฉ
๐Ÿ“ฒDM ๐ŸŽ๐Ÿ•๐Ÿ–๐Ÿ”๐Ÿ๐Ÿ“๐Ÿ–๐Ÿ’๐Ÿ’๐Ÿ• ๐Ÿ๐จ๐ซ ๐๐ฎ๐ฌ๐ข๐ง๐ž๐ฌ๐ฌ๐Ÿ“ฉ

17/06/2026

๐Ÿšจ ๐”๐๐ƒ๐€๐“๐„๐’! Nyuma yuko Miss Jolly Mutesi ubwo yari abajijwe ibyabaye hagati ye na Bebe Cool, yavuze ko atabizi icyakora akeka ko yaba yaratekewe imitwe nโ€™abantu bamwiyitirira ku rubuga rwa Facebook, Bebe Cool atangaje ko akomeje gutungurwa nuko Jolly ari kuvuga kuri Facebook yamwiyitiriye mugihe ibyo amushinja byabereye kuri WhatsApp ndetse na numero ye yayerekanye.๐Ÿ—ž๏ธ๐Ÿ“จ๐Ÿ˜ฌ

โ€œSinzi ibyabaye ariko wasanga hari abantu banyiyitirira ku rubuga rwa Facebook baba baramutekeye imitwe.โ€

Abajijwe niba yaba azi icyo batekeyemo umutwe uyu muhanzi cyangwa niba yaba yigeze agerageza kumuvugisha, Jolly Mutesi yagize ati โ€œSimbizi ni ukuri, gusa yakabaye amenya ko ari icyamamare.โ€~Miss Mutesi Jolly said.

Nyuma yubutumwa bwa Jolly rero, Bebe Cool atangaje ko akomeje gutungurwa nuko Jolly ari kuvuga kuri Facebook yamwiyitiriye mugihe ibyo amushinja byabereye kuri WhatsApp ndetse na numero ye yayerekanye.

โ€œKu bakomeje gukurikira iyi nkuru, ndatangaye kuba uyu mugore, mu gihe ndi kuvuga ku kibazo cyabereye kuri WhatsApp nkoresheje nimero namaze gusangiza abantu, we ari gusubiza ibintu bifitanye isano na konti zo ku mbuga nkoranyambaga kandi ntaho nigeze mbivuga.โ€

โ€œNdasaba abanyamakuru nโ€™abakora itangazamakuru bubahiriza umwuga kwitondera kwishingikiriza ku bisobanuro bye gusa, kuko bishobora kubashyira mu gihombo cyโ€™icyizere abaturage babafitiye.โ€

โ€œMu gihe nzatangira gushyira hanze amajwi nโ€™ibimenyetso biturutse ku nshuti ye bari kumwe kuri stade, ibintu byinshi bizagenda bisobanuka.โ€

โ€œNdifuriza icyiza u Rwanda nโ€™ubutabera ku bantu benshi bagizweho ingaruka ariko bakaba badashobora kuvuga kubera imyanya bafite cyangwa izina ryabo muri sosiyete.โ€~Bebe Cool said.๐Ÿ‡บ๐Ÿ‡ฌ๐Ÿ“จ

Ads:

Hello Kigali, Dodos Electro Store Ltd Weโ€™re ready to bring you the best tech deals in town!๐Ÿ”‹๐Ÿ‘‹
๐Ÿ“Come visit us TCB Building / Mateus House
๐Ÿ“ฒCall/WhatsApp: 0788206064 | 0788790332

ยฉMideliRwanda

17/06/2026
17/06/2026

๐Ÿšจ ๐”๐๐ƒ๐€๐“๐„๐’! Miss Jolly Mutesi yibukije Umuhanzi wo muri Uganda, Bebe Cool, ko ari icyamamare atakabaye avuga ibyo abonye, atabanje gukora ubushakashatsi cyangwa ngo ashake amakuru mbere yo kuvuga ibintu bishobora kwangiza izina ryโ€™uwo avuga.๐Ÿ˜ฌ๐Ÿ“จ

Ibi Miss Jolly Mutesi yabigarutseho ubwo yasubizaga Bebe Cool wari umaze kumushinja kuba yarigeze kumutuburira yitwaje u Rwanda nโ€™ikipe ya Arsenal.

โ€œUyu mugore, Jolly Mutesi aba mu Bwongereza kandi akunda gukurikira imikino ya Arsenal, yantekeye imitwe umwaka ushize yitwaje izina ryโ€™u Rwanda nโ€™ikipe ya Arsenal. None agarutse mu kindi gikorwa gikomeye ari gutegura.โ€~Bebe via X๐Ÿ“จ๐Ÿ˜ฌ

โ€œMbere na mbere, mbabajwe no kumva ko watuburiwe nโ€™umuntu wanyiyitiriye, ariko ubutaha, ndabasaba kujya ubanza kugira ubushishozi no kugenzura amakuru neza mbere yo gushinja cyangwa kuvuga ibintu bishobora kwangiza izina ryโ€™abandi.โ€

โ€œNkโ€™umuntu uzwi cyane ukwiye kuba ubizi neza kandi ukitwara neza kurushaho, kuko amagambo yawe afite uburemere kandi ashobora kugira ingaruka ku buzima no ku cyubahiro cyโ€™abandi.โ€~Mutesi Jolly Replied.๐Ÿ˜ณ๐Ÿ“จ

Ads:

๐Ÿฅ˜Beef Pilau | Chicken | Chapatti | Chips | Soup Best Pilau
โŒš๏ธMonday - Sunday | 8:00 to 23:59
๐Ÿ“žOrder yours now: 0794411660 0788468790
๐ŸŽ‰Catering - Corporate
๐Ÿ“Location Kicukiro , Kigali, Rwanda

ยฉMideliRwanda

16/06/2026

๐Œ๐๐€๐๐๐„ ๐€๐‹๐–๐€๐˜๐’ ๐ƒ๐„๐‹๐ˆ๐•๐„๐‘๐’ ๐€๐“ ๐“๐‡๐„ ๐–๐Ž๐‘๐‹๐ƒ ๐‚๐”๐. ๐€๐‹๐–๐€๐˜๐’.๐Ÿ‡ซ๐Ÿ‡ทโšฝ๏ธโšฝ๏ธโšฝ๏ธ

๐Š๐˜๐‹๐ˆ๐€๐ ๐Œ๐๐€๐๐๐„ ๐’๐”๐‘๐๐€๐’๐’๐„๐’ ๐Ž๐‹๐ˆ๐•๐ˆ๐„๐‘ ๐†๐ˆ๐‘๐Ž๐”๐ƒ ๐€๐๐ƒ ๐๐„๐‚๐Ž๐Œ๐„๐’ ๐…๐‘๐€๐๐‚๐„โ€™๐’ ๐€๐‹๐‹ ๐“๐ˆ๐Œ๐„ ๐“๐Ž๐ ๐’๐‚๐Ž๐‘๐„๐‘.5๏ธโƒฃ8๏ธโƒฃ

Bradley Barcola scores his first World Cup goal with his FIRST-EVER TOUCH at the World Cup, just a minute after coming on

And what a MASTERCLASS from Michael Olise.

Whoโ€™s been your ๐Œ๐€๐ ๐Ž๐… ๐“๐‡๐„ ๐Œ๐€๐“๐‚๐‡ for tonight?๐Ÿฟ

16/06/2026

๐€๐’ ๐Ž๐… ๐‰๐”๐๐„ ๐Ÿ๐ŸŽ๐Ÿ๐Ÿ”, ๐€๐‘๐“๐ˆ๐’๐“ ๐‚๐‡๐ˆ๐๐Ž๐Ž ๐ƒ๐„๐’๐„๐‘๐•๐„๐’ ๐“๐Ž ๐–๐ˆ๐ ๐“๐‡๐„ ๐๐„๐’๐“ ๐‘๐–๐€๐๐ƒ๐€๐ ๐‘๐ˆ๐’๐ˆ๐๐† ๐€๐‘๐“๐ˆ๐’๐“ ๐€๐–๐€๐‘๐ƒ ๐Ÿ๐ŸŽ๐Ÿ๐Ÿ”.๐Ÿ†โณ

Jehova, Kale and ๐‘ต๐’ ๐‘ท๐’–๐’†๐’…๐’ produced by producer Element Eleeรฉh is loading...

โ€ฆ๐‘ช๐’‰๐’Š๐’ƒ๐’๐’ ๐’Š๐’ ๐’‰๐’Š๐’” ๐’‘๐’“๐’Š๐’Ž๐’†. โ€ฆ๐‚๐ก๐ข๐›๐จ๐จ ๐ข๐ง ๐ก๐ข๐ฌ ๐ฉ๐ซ๐ข๐ฆ๐ž.๐Ÿค–๐Ÿ˜ณ

15/06/2026

Introducing our headline artists for the Spinny & Friends, Kigali Summer Festival.๐Ÿ”ฅโณ

The King of Amapiano, Kabza De Small, DJ Spinny, Deejay Marnaud, deejay Ino, Joxy Parker, Fem Deejay, Selector Jay are ready to bring the heat.

Expect massive energy, massive vibes, and an unforgettable party.

๐Ÿ“Gahanga Cricket Stadium, 18th July 2026

๐ŸŽซGet your Tickets on spinnyandfriends.sinc.events Sinc or dial *669*30 #*

15/06/2026

๐Ÿšจ ๐‘๐„๐•๐„๐€๐‹๐„๐ƒ! Umuhanzi Amalon azaririmba mubitaramo bya Iwacu Muzika festival nyuma yuko umuhanzi Kevin Kade yongeye gutangaza ko atazitabira ibitaramo bya MTN Iwacu Muzika Festival 2026, bitegurwa na sosiyete ya East African Promoters (EAP), kubera ikibazo cyโ€™uburwayi ari gukurikiranirwa kwa muganga.๐Ÿ”ฅ๐Ÿ‡ท๐Ÿ‡ผ๐Ÿคฉ

Aya makuru yatangajwe kuri uyu wa Mbere tariki ya 15 Kamena 2026, anyujijwe ku mbuga nkoranyambaga ze, aho yashyize hanze itangazo risobanura ko ubuzima bwe butamwemerera kwitabira ibi bitaramo byari byitezwe nโ€™abakunzi be hirya no hino mu gihugu.

Muri iri tangazo, ubuyobozi bumureberera inyungu mu muziki bwavuze ko Kevin Kade ari kwitabwaho nโ€™abaganga nyuma yo kugira ikibazo cyโ€™ubuzima, bityo abaganga bakaba bamusabye kubanza kwita ku buzima bwe mbere yo gusubira mu bikorwa bya muzika.

Si ubwa mbere Kevin Kade yarasezeye muri MTN Iwacu Muzika Festival. No mu mwaka ushize wa 2025, uyu muhanzi yari yikuye muri ibi bitaramo ngarukamwaka, ibintu byatumye abakunzi be bongera kwibaza ku mpamvu zatumye atongera kuboneka muri iri serukiramuco rikomeye rihuza abahanzi nโ€™abafana mu gihugu hose.

Amalon ugiye kwitabira ibi bitaramo asanzemo Bushali, Marina, Ross Kana, Bushali, Kenny Sol na Davis D bari baherutse gutangazwa.

Byitezwe ko ibi bitaramo bizatangira kuri uyu wagatandatu 20 Kamena 2026 bikarangira ku wa 1 Kanama 2026, bizabera mu mijyi ya Huye, Ngoma, Nyagatare, Karongi, Muhanga, Musanze na Rubavu.

ยฉMideliRwanda Iwacu Muzika East African Promoters

15/06/2026

๐‹๐„๐“โ€™๐’ ๐…๐Ž๐‹๐‹๐Ž๐–๐ˆ๐๐† ๐‡๐ˆ๐Œ ๐€๐†๐€๐ˆ๐. yowebogari01 ๐Ÿค๐Ÿซ‚

Want your business to be the top-listed Photography Service in Kigali?
Click here to claim your Sponsored Listing.

Address


Kigali