Mideli Rwanda
๐๐๐ฐ๐๐ง๐๐๐ง ๐ฌ๐จ๐๐ข๐๐ฅ ๐ฆ๐๐๐ข๐ ๐๐๐๐๐๐๐๐๐๐๐ and ๐๐ง๐ญ๐๐ซ๐ญ๐๐ข๐ง๐ฆ๐๐ง๐ญ ๐ฑ๐๐๐๐๐๐๐๐๐๐ท๐ผ๐
๐The Best ๐น๐๐๐๐
๐๐ Promoter ๐๐๐๐๐๏ธ๐คฉ
๐ฒDM ๐๐๐๐๐๐๐๐๐๐ ๐๐จ๐ซ ๐๐ฎ๐ฌ๐ข๐ง๐๐ฌ๐ฌ๐ฉ
๐จ ๐๐๐๐๐๐๐! Nyuma yuko Miss Jolly Mutesi ubwo yari abajijwe ibyabaye hagati ye na Bebe Cool, yavuze ko atabizi icyakora akeka ko yaba yaratekewe imitwe nโabantu bamwiyitirira ku rubuga rwa Facebook, Bebe Cool atangaje ko akomeje gutungurwa nuko Jolly ari kuvuga kuri Facebook yamwiyitiriye mugihe ibyo amushinja byabereye kuri WhatsApp ndetse na numero ye yayerekanye.๐๏ธ๐จ๐ฌ
โSinzi ibyabaye ariko wasanga hari abantu banyiyitirira ku rubuga rwa Facebook baba baramutekeye imitwe.โ
Abajijwe niba yaba azi icyo batekeyemo umutwe uyu muhanzi cyangwa niba yaba yigeze agerageza kumuvugisha, Jolly Mutesi yagize ati โSimbizi ni ukuri, gusa yakabaye amenya ko ari icyamamare.โ~Miss Mutesi Jolly said.
Nyuma yubutumwa bwa Jolly rero, Bebe Cool atangaje ko akomeje gutungurwa nuko Jolly ari kuvuga kuri Facebook yamwiyitiriye mugihe ibyo amushinja byabereye kuri WhatsApp ndetse na numero ye yayerekanye.
โKu bakomeje gukurikira iyi nkuru, ndatangaye kuba uyu mugore, mu gihe ndi kuvuga ku kibazo cyabereye kuri WhatsApp nkoresheje nimero namaze gusangiza abantu, we ari gusubiza ibintu bifitanye isano na konti zo ku mbuga nkoranyambaga kandi ntaho nigeze mbivuga.โ
โNdasaba abanyamakuru nโabakora itangazamakuru bubahiriza umwuga kwitondera kwishingikiriza ku bisobanuro bye gusa, kuko bishobora kubashyira mu gihombo cyโicyizere abaturage babafitiye.โ
โMu gihe nzatangira gushyira hanze amajwi nโibimenyetso biturutse ku nshuti ye bari kumwe kuri stade, ibintu byinshi bizagenda bisobanuka.โ
โNdifuriza icyiza u Rwanda nโubutabera ku bantu benshi bagizweho ingaruka ariko bakaba badashobora kuvuga kubera imyanya bafite cyangwa izina ryabo muri sosiyete.โ~Bebe Cool said.๐บ๐ฌ๐จ
Ads:
Hello Kigali, Dodos Electro Store Ltd Weโre ready to bring you the best tech deals in town!๐๐
๐Come visit us TCB Building / Mateus House
๐ฒCall/WhatsApp: 0788206064 | 0788790332
ยฉMideliRwanda
๐จ ๐๐๐๐๐๐๐! Miss Jolly Mutesi yibukije Umuhanzi wo muri Uganda, Bebe Cool, ko ari icyamamare atakabaye avuga ibyo abonye, atabanje gukora ubushakashatsi cyangwa ngo ashake amakuru mbere yo kuvuga ibintu bishobora kwangiza izina ryโuwo avuga.๐ฌ๐จ
Ibi Miss Jolly Mutesi yabigarutseho ubwo yasubizaga Bebe Cool wari umaze kumushinja kuba yarigeze kumutuburira yitwaje u Rwanda nโikipe ya Arsenal.
โUyu mugore, Jolly Mutesi aba mu Bwongereza kandi akunda gukurikira imikino ya Arsenal, yantekeye imitwe umwaka ushize yitwaje izina ryโu Rwanda nโikipe ya Arsenal. None agarutse mu kindi gikorwa gikomeye ari gutegura.โ~Bebe via X๐จ๐ฌ
โMbere na mbere, mbabajwe no kumva ko watuburiwe nโumuntu wanyiyitiriye, ariko ubutaha, ndabasaba kujya ubanza kugira ubushishozi no kugenzura amakuru neza mbere yo gushinja cyangwa kuvuga ibintu bishobora kwangiza izina ryโabandi.โ
โNkโumuntu uzwi cyane ukwiye kuba ubizi neza kandi ukitwara neza kurushaho, kuko amagambo yawe afite uburemere kandi ashobora kugira ingaruka ku buzima no ku cyubahiro cyโabandi.โ~Mutesi Jolly Replied.๐ณ๐จ
Ads:
๐ฅBeef Pilau | Chicken | Chapatti | Chips | Soup Best Pilau
โ๏ธMonday - Sunday | 8:00 to 23:59
๐Order yours now: 0794411660 0788468790
๐Catering - Corporate
๐Location Kicukiro , Kigali, Rwanda
ยฉMideliRwanda
๐๐๐๐๐๐ ๐๐๐๐๐๐ ๐๐๐๐๐๐๐๐ ๐๐ ๐๐๐ ๐๐๐๐๐ ๐๐๐. ๐๐๐๐๐๐.๐ซ๐ทโฝ๏ธโฝ๏ธโฝ๏ธ
๐๐๐๐๐๐ ๐๐๐๐๐๐ ๐๐๐๐๐๐๐๐๐ ๐๐๐๐๐๐๐ ๐๐๐๐๐๐ ๐๐๐ ๐๐๐๐๐๐๐ ๐
๐๐๐๐๐โ๐ ๐๐๐ ๐๐๐๐ ๐๐๐ ๐๐๐๐๐๐.5๏ธโฃ8๏ธโฃ
Bradley Barcola scores his first World Cup goal with his FIRST-EVER TOUCH at the World Cup, just a minute after coming on
And what a MASTERCLASS from Michael Olise.
Whoโs been your ๐๐๐ ๐๐
๐๐๐ ๐๐๐๐๐ for tonight?๐ฟ
๐๐ ๐๐
๐๐๐๐ ๐๐๐๐, ๐๐๐๐๐๐ ๐๐๐๐๐๐ ๐๐๐๐๐๐๐๐ ๐๐ ๐๐๐ ๐๐๐ ๐๐๐๐ ๐๐๐๐๐๐๐ ๐๐๐๐๐๐ ๐๐๐๐๐๐ ๐๐๐๐๐ ๐๐๐๐.๐โณ
Jehova, Kale and ๐ต๐ ๐ท๐๐๐
๐ produced by producer Element Eleeรฉh is loading...
โฆ๐ช๐๐๐๐๐ ๐๐ ๐๐๐ ๐๐๐๐๐. โฆ๐๐ก๐ข๐๐จ๐จ ๐ข๐ง ๐ก๐ข๐ฌ ๐ฉ๐ซ๐ข๐ฆ๐.๐ค๐ณ
Introducing our headline artists for the Spinny & Friends, Kigali Summer Festival.๐ฅโณ
The King of Amapiano, Kabza De Small, DJ Spinny, Deejay Marnaud, deejay Ino, Joxy Parker, Fem Deejay, Selector Jay are ready to bring the heat.
Expect massive energy, massive vibes, and an unforgettable party.
๐Gahanga Cricket Stadium, 18th July 2026
๐ซGet your Tickets on spinnyandfriends.sinc.events Sinc or dial *669*30 #*
๐จ ๐๐๐๐๐๐๐๐! Umuhanzi Amalon azaririmba mubitaramo bya Iwacu Muzika festival nyuma yuko umuhanzi Kevin Kade yongeye gutangaza ko atazitabira ibitaramo bya MTN Iwacu Muzika Festival 2026, bitegurwa na sosiyete ya East African Promoters (EAP), kubera ikibazo cyโuburwayi ari gukurikiranirwa kwa muganga.๐ฅ๐ท๐ผ๐คฉ
Aya makuru yatangajwe kuri uyu wa Mbere tariki ya 15 Kamena 2026, anyujijwe ku mbuga nkoranyambaga ze, aho yashyize hanze itangazo risobanura ko ubuzima bwe butamwemerera kwitabira ibi bitaramo byari byitezwe nโabakunzi be hirya no hino mu gihugu.
Muri iri tangazo, ubuyobozi bumureberera inyungu mu muziki bwavuze ko Kevin Kade ari kwitabwaho nโabaganga nyuma yo kugira ikibazo cyโubuzima, bityo abaganga bakaba bamusabye kubanza kwita ku buzima bwe mbere yo gusubira mu bikorwa bya muzika.
Si ubwa mbere Kevin Kade yarasezeye muri MTN Iwacu Muzika Festival. No mu mwaka ushize wa 2025, uyu muhanzi yari yikuye muri ibi bitaramo ngarukamwaka, ibintu byatumye abakunzi be bongera kwibaza ku mpamvu zatumye atongera kuboneka muri iri serukiramuco rikomeye rihuza abahanzi nโabafana mu gihugu hose.
Amalon ugiye kwitabira ibi bitaramo asanzemo Bushali, Marina, Ross Kana, Bushali, Kenny Sol na Davis D bari baherutse gutangazwa.
Byitezwe ko ibi bitaramo bizatangira kuri uyu wagatandatu 20 Kamena 2026 bikarangira ku wa 1 Kanama 2026, bizabera mu mijyi ya Huye, Ngoma, Nyagatare, Karongi, Muhanga, Musanze na Rubavu.
ยฉMideliRwanda Iwacu Muzika East African Promoters
๐๐๐โ๐ ๐ ๐๐๐๐๐๐๐๐ ๐๐๐ ๐๐๐๐๐. yowebogari01 ๐ค๐ซ
Click here to claim your Sponsored Listing.
Category
Address
Kigali